Compagnons Fontainiers du Rwanda
In 2014, COFORWA in collaboration with the Ministry of Education/MINEDUC established a model vocational and technical school, Saint Sylvan Technical Secondary School. This school is located at the headquarters of COFORWA in Kibangu Sector, MUHANGA District with 438 students studying in 4 options namely: Construction […]
Education FeaturedOn 1st December 2023, in Kibangu Sector, Muhanga District COFORWA members, friends and relatives remembered Father Sylvain Bourguet who founded COFORWA in 1972, and passed away on December 1st, 2000, at the age of 76. Those who participated in this ceremony, appreciated the development activities […]
Events Featured FocusKuri uyu wa gatanu tariki ya 16 Ukuboza 2022, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Uwase Patricia ari kwifatanya n’abaturage, abanyamuryango n’inshuti z’Umuryango utari uwa Leta, COFORWA kwizihiza Yubile y’imyaka 50 uyu muryango umaze mu bikorwa byo kugeza amazi meza ku baturage hirya no hino […]
Events Featured HighlightsKu wa 20 Ukuboza 2023, Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe Wungirije Ushinzwe ubukungu, HABIMANA Thaddeo yakiriye ku mugaragaro umuyoboro w’amazi wa Muhingo-Shyeru uri mu Murenge wa Gatare, wubatswe na COFORWA ku nkunga ya WaterAid Rwanda. Uyu muyoboro ufite ibirometero 11.041 ukaba uha amazi abaturage bari hagati […]
In order to continue helping its beneficiaries take care of their own hygiene, COFORWA, in collaboration with MEDICUS MUNDI, implemented a project called TUBEHO NEZA. This project aims to help take care of hygiene and sanitation for 389 women who are in hygiene and sanitation […]
Nutrition Projects washFrom 17 to 19th, January 2024, COFORWA’s Executive Director, Mr. Kinyango Jean Paul, together with the representatives of WaterAid Scotland, Scottish Water, and Water Aid Rwanda, as well as the Nyamagabe District representatives, visited various projects constructed by COFORWA in Nyamagabe District with the support […]
Events Highlights News ProjectsKu wa 22 Werurwe 2024, Abagize Ihuriro ry’Abafatanyabikorwa mu Iterambere ry’Akarere ka Muhanga (JADF Muhanga), bayobowe n’Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Jacqueline KAYITARE, basuye Ishuri rya COFORWA ryigisha Ubumenyingiro (Saint Sylvan TSS) riri mu Murenge wa KIBANGU. Ni urugendo rwari rugamije gusuzuma ibikorwa byo guteza imbere […]
Education Highlights InkuruKu wa 22 Werurwe 2024, Abagize Ihuriro ry’Abafatanyabikorwa mu Iterambere ry’Akarere ka Muhanga (JADF Muhanga), bayobowe n’Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Jacqueline KAYITARE, basuye Ishuri rya COFORWA ryigisha Ubumenyingiro (Saint Sylvan TSS) riri mu Murenge wa KIBANGU.
Ni urugendo rwari rugamije gusuzuma ibikorwa byo guteza imbere uburezi bw’imyuga y’igihe gito Saint Sylvan TSS ifatanya n’Umushinga witwa IGIRE JYAMBERE wa DUHAMIC ADRI.
Aba bashyitsi bishimiye ubumenyi buhabwa abana biga ubwubatsi bafashwa n’uyu mushinga.
Aba bana bari barataye ishuri bakaba nabo barabagaragarije ubumenyi bamaze kugira mu bwubatsi, ndetse ko nyuma yo gusoza amasomo yabo amara igihe cy’amezi 6, biteguye kujya ku isoko ry’umurimo.
Kuri icyi cyumweru, tariki ya 25 Gashyantare 2024, abanyamuryango b’umuryango utari uwa Leta ukora ibikorwa byo gukwirakwiza amazi meza mu Rwanda (COFORWA), bahuriye mu nama y’Inteko Rusange ku cyicaro gikuru cya COFORWA kiri i Kibangu, mu Karere ka Muhanga. Muri iyo Nteko Rusange, abanyamuryango ba […]
Highlights Inkuru NewsKuri icyi cyumweru, tariki ya 25 Gashyantare 2024, abanyamuryango b’umuryango utari uwa Leta ukora ibikorwa byo gukwirakwiza amazi meza mu Rwanda (COFORWA), bahuriye mu nama y’Inteko Rusange ku cyicaro gikuru cya COFORWA kiri i Kibangu, mu Karere ka Muhanga.
Muri iyo Nteko Rusange, abanyamuryango ba COFORWA barebeye hamwe kandi bemeza ingingo zitandukanye, zirimo inyandiko mvugo y’inama y’Inteko Rusange yabaye ku wa 2 Mata 2023, maze barebera hamwe aho imyanzuro yafatiwe muri iyo nama igeze ishyirwa mu bikorwa.
Abanyamuryango basuzumye kandi bemeza raporo y’ibikorwa bya COFORWA y’umwaka wa 2023, basuzuma kandi banemeza raporo y’umutungo wa COFORWA y’umwaka wa 2023, basuzumye banemeza kandi gahunda y’ibikorwa bya COFORWA mu mwaka wa 2024, n’ingengo y’imari yawo, ndetse n’imicungire y’umutungo w’umuryango.
Muri rusange abanyamuryango ba COFORWA bishimiye cyane intambwe ishimishije COFORWA igezeho mu nkingi 3 ibikorwa byayo byibandaho ari zo:
-Kugeza ku baturage ibikorwaremezo by’amazi meza, isuku n’isukura mu gihugu hose,
-Uburezi n’ubukangurambaga bigamije imibereho myiza y’abaturage,
-Iterambere rya COFORWA, imikorere n’imikoranire n’abafatanyabikorwa.
Mu bindi, abanyamuryango barebeye hamwe aho gahunda yo korozanya inka igeze bise “GIRINKA MUNYAMURYANGO WA COFORWA”, maze biyemeza kuyihutisha, ikazarangirana n’umwaka wa 2024. Nyuma y’inama, abanyamuryango ba COFORWA biyemeje gukomeza gushyigikira umuryango COFORWA, basoreza ku busabane.
Abanyeshuri 46 biga mu ishuri ryigisha ubumenyingiro rya COFORWA, St Sylvan TSS, biga mu ishami ry’ingufu z’amashanyarazi aturuka ku mazi (Hydropower energy) basuye urugomero rw’amashanyarazi rwa NTARUKA ruri mu Karere ka BURERA. Uru rugendo shuri rwari rugamije guhuza amasomo biga ku ishuri n’ibikorerwa kuri terrain. […]
Featured Highlights Inkuru NewsAbanyeshuri 46 biga mu ishuri ryigisha ubumenyingiro rya COFORWA, St Sylvan TSS, biga mu ishami ry’ingufu z’amashanyarazi aturuka ku mazi (Hydropower energy) basuye urugomero rw’amashanyarazi rwa NTARUKA ruri mu Karere ka BURERA.
Uru rugendo shuri rwari rugamije guhuza amasomo biga ku ishuri n’ibikorerwa kuri terrain.
Abanyeshuri bakaba bishimiye kubona ibikoresho bigaga mu magambo, uko bikora ndetse n’ akamaro kabyo mu kubyaza amazi ingufu z’ amashanyarazi.
From 17 to 19th, January 2024, COFORWA’s Executive Director, Mr. Kinyango Jean Paul, together with the representatives of WaterAid Scotland, Scottish Water, and Water Aid Rwanda, as well as the Nyamagabe District representatives, visited various projects constructed by COFORWA in Nyamagabe District with the support […]
Events Highlights News ProjectsFrom 17 to 19th, January 2024, COFORWA’s Executive Director, Mr. Kinyango Jean Paul, together with the representatives of WaterAid Scotland, Scottish Water, and Water Aid Rwanda, as well as the Nyamagabe District representatives, visited various projects constructed by COFORWA in Nyamagabe District with the support of Water Aid.
They visited MUHINGO-SHYERU Water supply system of 11.5 kilometers with 18 water points and 7 water storage tanks serving more than 9,000 residents living in the villages of: Kiyovu, Muhingo, Baziro, Rushyarara and Karumbi.
Another water supply system was constructed to supply clean water to more than 1,500 residents in Mukungu.
In order to improve WASH (Water, Sanitation and Hygiene) in communities, a washing unit was also installed at Mukungu Health Center, used by over 400 persons per month.
At Kaduha Hospital, modern toilets, bathrooms and laundry facilities have been constructed to help patients and other visitors.
The Beneficiaries expressed their satisfaction with these infrastructures that will enable them to live a healthier life. These activities enabled also our beneficiaries to have the habit of taking care of cleanliness and hygiene in their daily lives.
Our donors have also expressed their great satisfaction with the success of construction of these infrastructures.
COFORWA and WaterAid Rwanda representatives, with the Bugesera District Mayor, Richard Mutabazi visited various water infrastructures aimed at providing clean water to the people of Bugesera and Nyamagabe Districts, which were supported by WaterAid Rwanda. Some of the ongoing activities visited, include the water supply […]
Highlights News ProjectsCOFORWA and WaterAid Rwanda representatives, with the Bugesera District Mayor, Richard Mutabazi visited various water infrastructures aimed at providing clean water to the people of Bugesera and Nyamagabe Districts, which were supported by WaterAid Rwanda.
Some of the ongoing activities visited, include the water supply system, pumping station, and a big water storage tank of 200 cubic meters that will supply clean water to over 46,000 people living in Mwogo and Juru sectors in Bugesera District.
Those who visited these activities were impressed by the progress of the construction works.
This water supply system will be launched in March 2024.
In 2014, COFORWA in collaboration with the Ministry of Education/MINEDUC established a model vocational and technical school, Saint Sylvan Technical Secondary School. This school is located at the headquarters of COFORWA in Kibangu Sector, MUHANGA District with 438 students studying in 4 options namely: Construction […]
Education FeaturedIn 2014, COFORWA in collaboration with the Ministry of Education/MINEDUC established a model vocational and technical school, Saint Sylvan Technical Secondary School.
This school is located at the headquarters of COFORWA in Kibangu Sector, MUHANGA District with 438 students studying in 4 options namely: Construction option, Land Surveying and Roads, Electricity, and option of renewable energy.
COFORWA established this school in order to continue its mission of teaching young people practical skills as it has continued to do for 50 years since it was founded by Father Sylvain Bourguet.
The aim of this school is to provide high quality education with competent teachers and modern facilities.
The director of Saint Sylvan TSS, RUKUNDO Norbert, says that this school aims to improve skills as one of the goals of the Ministry of Education, and that as a technical school with modern equipments and qualified teachers, most of its students immediately get a job after completing their studies.
Those who did not get a job also go to study in universities here in the country in the IPRCs and outside.
Saint Sylvan TSS students including INGABIRE Cynthia, who is studying in the construction option, and UWANYIRIGIRA Pacific who is studying Land Surveying and Roads, show that they are happy with the quality knowledge they are receiving and they are confident that it will be useful in their future life.
Until now this school accepts private students, and others who are sent by the government.
In order to continue helping its beneficiaries take care of their own hygiene, COFORWA, in collaboration with MEDICUS MUNDI, implemented a project called TUBEHO NEZA. This project aims to help take care of hygiene and sanitation for 389 women who are in hygiene and sanitation […]
Nutrition Projects washIn order to continue helping its beneficiaries take care of their own hygiene, COFORWA, in collaboration with MEDICUS MUNDI, implemented a project called TUBEHO NEZA.
This project aims to help take care of hygiene and sanitation for 389 women who are in hygiene and sanitation groups in 7 Sectors of Kamonyi District.
In particular, this project helps these women to take care of the cleanliness of their homes, food and drinks, clothes, and toilets.
In this project, these women were helped to make soap, toilet covers known as “san plat”, ropes to hang clothes, etc.
The beneficiaries of this project say that it has helped them to have a better life, and that their economy has increased because of their soap business.
MUKANTAGANZWA Bernadette says that this project has helped her a lot, because it has enabled her to take care of her family’s hygiene, and that the time they used to spend going to medical care is now being used to improve their economy.
On the other hand, NYIRAHABINEZA Claudine from the Duharanire Ubuzima GATWA cooperative in the NGAMBA sector, also expressed that the TUBEHO NEZA project made her live a healthy life.
NYIRAHABINEZA reveals that TUBE NEZA project has enabled him to acquire the skills to clean the house, wash his hands, and drink boiled water.
Ku wa 20 Ukuboza 2023, Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe Wungirije Ushinzwe ubukungu, HABIMANA Thaddeo yakiriye ku mugaragaro umuyoboro w’amazi wa Muhingo-Shyeru uri mu Murenge wa Gatare, wubatswe na COFORWA ku nkunga ya WaterAid Rwanda. Uyu muyoboro ufite ibirometero 11.041 ukaba uha amazi abaturage bari hagati […]
Focus Inkuru Projects washKu wa 20 Ukuboza 2023, Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe Wungirije Ushinzwe ubukungu, HABIMANA Thaddeo yakiriye ku mugaragaro umuyoboro w’amazi wa Muhingo-Shyeru uri mu Murenge wa Gatare, wubatswe na COFORWA ku nkunga ya WaterAid Rwanda.
Uyu muyoboro ufite ibirometero 11.041 ukaba uha amazi abaturage bari hagati ya 9.500-11.000 batuye mu Midugudu ya:Kiyovu, Muhingo, Baziro, Rushyarara, n’uwa Karumbi mu Murenge wa Gatare.
Abaturage batuye muri aka gace bakaba barishimiye cyane uyu muyoboro kuko ugiye kubafasha gukemura ikibazo cyo kutagira amazi meza bari bafite.
Ubuyobozi bw’ishuri ryigisha ubumenyingiro ryashinzwe na COFORWA ryitiriwe Mutagatifu Sylvan (Saint Sylvan TSS), rirashimira by’umwihariko, abarezi ndetse n’abanyeshuri baryo barangije amasomo yabo mu myuga itandukanye mu mwaka w’amashuri wa 2022-2023. Aba banyeshuri batsinze neza ibizamini bisoza icyiciro cy’amashuri yisumbuye mu mashami atandukanye yaryo ariyo:Ishami ry’ubwubatsi, […]
Education Focus Inkuru ProjectsUbuyobozi bw’ishuri ryigisha ubumenyingiro ryashinzwe na COFORWA ryitiriwe Mutagatifu Sylvan (Saint Sylvan TSS), rirashimira by’umwihariko, abarezi ndetse n’abanyeshuri baryo barangije amasomo yabo mu myuga itandukanye mu mwaka w’amashuri wa 2022-2023.
Aba banyeshuri batsinze neza ibizamini bisoza icyiciro cy’amashuri yisumbuye mu mashami atandukanye yaryo ariyo:Ishami ry’ubwubatsi, ishami ryo gupima ubutaka n’imihanda, ishami ry’amashanyarazi, ndetse n’ishami ryigisha ibijyanye n’ingufu zisubira.
Muri rusange abanyeshuri bakaba baratsinze ku kigereranyo cya 97.8%, ndetse iri shuri rikaba ryaranaje mu mashuri yigisha ubumenyi ngiro yitwaye neza mu gihugu hose.
Saint Sylvan TSS irashimira kandi by’umwihariko umunyeshuri witwa IRIKUMWENATWE Daniel waje ku mwanya wa 5 ku rwego rw’igihugu mu banyeshuri batsinze neza mu mashuri yigisha ubumenyingiro mu ishami ry’ingufu.